Na: Tom Ndahiro Iyo ushaka kumenya ahari ukuri guhishwa, umva ubwinshi bw’ibinyoma bivugwa ku kintu kimwe. Ibi nibyo biri ku rupfu rwa Perezida Juvenal Habyarimana. Niba hari uzi kandi ukwiye kubazwa urwo rupfu ni umugore we n’abana (wenda batari bose) n’abasirikare bakuru b’u Rwanda rw’icyo (…)
Site référencé:
Umuvugizi